Imiryango 73 yasezeranye byemewe n’amategeko mu bukangurambaga bwo kwimakaza uburinganire

Kuri uyu wa 24 Werurwe 2027, mu Mirenge yose igize Akarere ka Kayonza hasojwe ubukangurambaga bwo kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu…

Read more →

Kwakira umwana utabyaye ukamurera bisaba kugira umutima w’ubumuntu kandi wa kibyeyi

Ba marayika murinzi bo mu karere ka Kayonza barasaba abandi babyeyi kugira umutima w'ubumuntu, bakakira mu miryango yabo abana b’imfubyi n’abandi…

Read more →

Abayobozi b’imidugudu bashya bifurijwe imirimo myiza

Mu midugudu 421 igize akarere ka Kayonza, habaye ihererekanyabubasha hagati ya Komite nyobozi z’imidugudu zicyuye igihe na Komite nyobozi nshya zatowe…

Read more →

Abaturage bitoreye abazabayobora mu midugudu batuyemo

Mu midugudu itandukanye y’akarere ka Kayonza, habereye amatora ya komite nyobozi y’umudugudu igizwe n’abantu 5 aribo umukuru w’umudugudu; ushinzwe…

Read more →

Guverineri w’intara y'Iburasirazuba arahamagarira utundi turere two muri iyi ntara gusura ibikorwa by’ikigo Zipline, kuko ari ishema ry'intara yose

Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba CG Emmanuel K. Gasana aherekejwe n'Umuyobozi w'Akarere ka Kayonza Murenzi Jean Claude basuye ikigo gitanga…

Read more →

Buri wese akwiye kugira uruhare mu bikorwa byo kwita ku buzima bwo mu mutwe- Meya Murenzi

Hizihijwe umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe, ufite insanganyamatsiko igira iti: “Hari icyizere nyuma yo kugira ikibazo cyo mu…

Read more →

Hatewe ibiti by’imbuto byitezweho guhindura byinshi mu buzima bw’abaturage

Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Mukeshimana Gerardine, Guverineri w’Intara y’I Burasirazuba CG Emmanuel K. Gasana, umuyobozi w’akarere ka Kayonza…

Read more →

Kugabanya ubucucike bw’abana mu mashuri, kimwe mu biteza imbere ireme ry’uburezi

Guverineri w'intara y'i Burasirazuba CG Gasana K Emmanuel yasuye ikigo cya GS Kabungo giherereye mu kagari ka Kayonza umurenge wa Mukarange muri…

Read more →

Habaye ubukangurambaga ku isuku n'umutekano

Umuyobozi w'akarere ka Kayonza Murenzi Jean Claude yifatanyije n'abaturage b'umudugudu wa Matinza, akagari ka Nkondo, umurenge wa Rwinkwavu…

Read more →

Akarere ka Kayonza kasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’umuryango Inshuti mu buzima

Ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza bwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’umuryango Inshuti mu buzima (Partners In Health), azafasha mu guteza imbere…

Read more →