Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Umunsi wa Kabiri w’Intore mu Biruhuko

Uyu munsi taliki ya 24 Nyakanga 2025, n’umunsi wa Kabiri wa Gahunda y’Intore mu biruhuko. Abana n’Urubyiruko  bateraniye kuri site zabo ziherereye muri buri Kagari  baganirizwa banigishwa imikino itanduakanye

Iyi gahinda irakomeje ku ma site yose buri munsi kuva saa 13:30 kugeza 16:00.

Babyeyi turabasaba gukomeza korohereza abana kwitaboita gahunda zabagenewe muri iki gihe cy’ibiruhuko.